EnglishChoose Language UBUMENYI, IMYITWARIREN’IMYIFATIRE KU NGAMBA ZO KWIRINDA COVID 19 NURUKINGO RWAYOIGICE 1 - IBIRANGA USUBIZAKuri wowe witabiriye iki kiganiro, twe turi abashakashatsi baturutse mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC). Uru ni urutonde rw’ibibazo bijyanye n’ubumenyi n’imyitwarire y’abantu kuri COVID 19, ibisubizo muduha bizafasha muri gahunda yo kurwanya icyorezo cya Covid19 mu gihugu cyacu. Ubufatanye bwawe ni ubushake. Turabashimira cyane uruhare rwanyu muri ubu bushakashatsi, muvugishe ukuri ku bibazo tubabaza. Ibisubizo byose mutanga biraba ari ibanga kandi nta mazina yanyu agaragara kuri urutonde rw’ibibazo n’ibisubizo. Ikiganiro kiramara iminota itarenze 15, kandi wayoherereza n’undi muntu mubana igihe kinini. _.Tubaye tubashimiye ubufatanye bwanyu Aho mutuye Imyaka Imyaka... 18-25 26-35 35-45 46-55 Hejuru 56 Igitsina Gabo Gore Icyiciro cy’amashuri wize Ntabwo nizeAmashuri abanza Amashuri yisumbuye Kaminuza Kaminuza icyiciro cya gatatu Kaminuza icyiciro gihanitse Umurimo ukora Ni ikihe muri ibi kigaragaza imiterere y’aho ukorera cyangwa icyo ukora? Hitamwo... Ivuriro/Ibitaro Ibiro bifungwa Mpura cyane n’abatugana/abakiliya Nkorera hanze hatubatse Nkorera mu rugo Tubwire imiterere n’ingano y’akazi kawe Hitamwo...Kangana kandi kameze nka mbere y’icyorezo cya Covid19 Kabaye gake ugereranije na mbere y’icyorezo cya Covid19 Kabaye kenshi ugereranije na mbere y’icyorezo cya Covid19 IGICE 2. AHO AMAKURU KURI COVID 19 YATURUTSE/YAVUYENi ryari wumvise bwambere amakuru kuri Covid19? Ukuboza 2019 Mutarama-Gashyantare 2020 Werurwe 2020 Mata-Gicurasi 2020 Sinigeze n’umva amakuru ya COVID19 Ikindi gisubizo Kivuge Wamenye ute amakuru ya mbere ajyanye n’icyorezo cya COVID19? Imbuga nkoranyambaga z’Ishami ry’Umuryango Mpuzamahanga ryita ku buzima (WHO) Imbuga nkoranyambaga za leta: Ministeri y’Ubuzima, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima RBC Mu bitangazamakuru bitandukanye: Televiziyo, radiyo, ibinyamakuru byandika Imbuga nkoranyambaga zisanzwe: WhatsApp, facebook, twitter, Instagram Ibinyamakuru byandika Mu magambo: mu muryango, inshuti, abaturanyi Mu rusengero, abayobozi b’amadini, abayobozi b’ibanze, ba mutwarasibo IGICE 3. UBUMENYI KU IKWIRAKWIZWA RY’ INDWARA N’INGAMBA ZO KUYIRINDA Covid19 ikwirakwizwa ite? Yandurira mu matembabuzi y’umuntu wanduye asohoka igihe akorora, yitsamura cyangwa avuga Yego Oya Yandurira mu guhoberana Yego Oya Yandurira mu gukora ahantu handuye hanyuma ugakora mu maso Yego Oya Yandurira mu guhana ibiganza Yego Oya Yandurira mu guhabwa amaraso Yego Oya Yandurira mu mibonano mpuzabitsina Yego Oya Yandurira mu biribwa byanduye Yego Oya Ni ibihe bimenyetso rusange bya Covid 19: UmuriroBifitanye isanoNtibifitanye isanoSimbizi Kuribwa umutweBifitanye isanoNtibifitanye isanoSimbizi Kubabara mu mikaya/umubiriBifitanye isanoNtibifitanye isanoSimbizi Kudahumurirwa/kunukirwaBifitanye isanoNtibifitanye isanoSimbizi Kubabara mu mihogoBifitanye isanoNtibifitanye isanoSimbizi IbicuraneBifitanye isanoNtibifitanye isanoSimbizi Guhitwa no kurukaBifitanye isanoNtibifitanye isanoSimbizi Umunaniro ukabijeBifitanye isanoNtibifitanye isanoSimbizi GukororaBifitanye isanoNtibifitanye isanoSimbizi Kuva amaraso mu buryo butunguranyeBifitanye isanoNtibifitanye isanoSimbizi Gusesa uduheri ku ruhuBifitanye isanoNtibifitanye isanoSimbizi Guhumeka bigoranye/kubura umwukaBifitanye isanoNtibifitanye isanoSimbizi Abantu bahuye n’uwanduye COVID19 bagomba Kwishyira mu kato mu minsi 14, bitari ngombwa ko bakurikirana ibimenyetso Kwishyira mu kato bagakurikira ko bagira ibimenyetso Kwihutira kujya guhaha, bitegura kujya mu kato Ntacyo ukora IGICE 4. IMYITWARIRE KU BIJYANYE NO KWIVUZA COVID 19Ese waba wumva wakwipimisha COVID 19 ku bushake? YegoOyaMbese ufite ubundi burwayi butari COVID19 wumva wajya kwivuza? YegoOyaNiba ari Oya, kubera iki?Ese wpimishije COVID 19, ugasanga wanduye wakwifuza kuvurwa uri mu kato iwawe mu rugo cyangwa ku ivuriro? ImuhiraKu ivuriroSimbizi IGICE 4. IMYITWARIRE KU BIJYANYEN’INGAMBA ZO KWIRINDA COVID 19Ni zihe ngamba uri gukora ubu kugira ngo wirinde COVID19?Guhana intera YegoOyaKwambara agapfukamunwa neza YegoOyaGukaraba intoki ukoresheje amazi n’isabune cyangwa se umuti wabugenewe YegoOyaGuma mu rugo/kwiha akato YegoOyaKwivurisha imiti ya gakondo YegoOyaNta ngamba mfata YegoOya IGICE 4. IMYITWARIRE KU BIJYANYE N’URUKINGO RWA COVID-19 Hari urukingo rwa COVID-19 NibyoSibyo Igihe urukingo rwa COVID-19 ruzemezwa, rukaboneka mu Rwanda, nkaba umwe mu bagomba kuruhabwa, nzasaba gukingirwa YegoOya Waba uzi umurwayi wa COVID19 YegoOya Gusoza!